AMAHUGURWA Y’URUBYIRUKO KU MAHIRWE YO KUBONA AKAZI NO GUHANGA UMURIMO MU RWANDA
yateguwe na: Ishyaka PSR Itariki: 14 Gicurasi 2025
INTEGO Z’IKIGANIRO
INTEGO NYAMUKURU:
Kwereka urubyiruko amahirwe ahari yo kubona akazi
Gutoza urubyiruko uburyo bwo kwihangira umurimo
Kumenyekanisha gahunda za Leta ziteza imbere um ...
ABAYOBOZI B’URUGAGA RW’ABAGORE RUSHAMIKIYE KU MUTWE WA POLITIKI MU NTARA Y’IBURENGERAZUBA BAHUGUWE KURI DEMOKARASI Y’UBWUMVIKANE N’AKAMARO KAYO.
“Demokarasi y’Ubwumvikane u Rwanda rugenderaho niyo yari ikwiye nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994”. Ibi ni ibyagaragajwe n’Abayobozi b’Urugaga rw’abagore rushamikiye ku Mutwe wa Politiki mu Ntara y’Iburengerazuba.
Mu rwego rwo gukomeza kubak ...
Ishyaka P.S.R ryitabiriye igikorwa cyo gukurikirana imigekendekere y’Amatora y’Abasenateri yo mu 2024.
Mu matora y’Abasenateri yabaye muri Nzeri 2024, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki, ryohereje indorerezi 62 zakurikiranye imigendekere y’ayo matora yabaye ku matariki ya 16 na 17 Nzeri 2024. Muri iki gikorwa Ishyaka rya Gisosiy ...