AMAHUGURWA Y’URUBYIRUKO KU MAHIRWE YO KUBONA AKAZI NO GUHANGA UMURIMO MU RWANDA


yateguwe na: Ishyaka PSR Itariki: 14 Gicurasi 2025



INTEGO Z’IKIGANIRO



 INTEGO NYAMUKURU:



Kwereka urubyiruko amahirwe ahari yo kubona akazi



Gutoza urubyiruko uburyo bwo kwihangira umurimo



Kumenyekanisha gahunda za Leta ziteza imbere um ...

ABAYOBOZI B’URUGAGA RW’ABAGORE RUSHAMIKIYE KU MUTWE WA POLITIKI MU NTARA Y’IBURENGERAZUBA BAHUGUWE KURI DEMOKARASI Y’UBWUMVIKANE N’AKAMARO KAYO.


“Demokarasi y’Ubwumvikane u Rwanda rugenderaho niyo yari ikwiye nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994”. Ibi ni ibyagaragajwe n’Abayobozi b’Urugaga rw’abagore rushamikiye ku Mutwe wa Politiki mu Ntara y’Iburengerazuba.



Mu rwego rwo gukomeza kubak ...

Ishyaka P.S.R ryitabiriye igikorwa cyo gukurikirana imigekendekere y’Amatora y’Abasenateri yo mu 2024.


Mu matora y’Abasenateri yabaye muri Nzeri 2024, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki, ryohereje indorerezi 62 zakurikiranye imigendekere y’ayo matora yabaye ku matariki ya 16 na 17 Nzeri 2024. Muri iki gikorwa Ishyaka rya Gisosiy ...

Abo turi bo

                                              IJAMBO RY’IBANZE

Murakaza neza kuri uru rubuga rwacu, aho dushyira kw’isonga uburinganire (equality) bwa muntu n’iterambere rusange rirambye kandi ridaheza (inclusive development).

PSR ni Ishyaka ryiyemeje kurengera inyungu rusange z’ Abakozi, by’umwihariko, guharanira ejo hazaza heza h ‘urubyiruko.

Imibare y’lkigo cy’lgihugu cy’lbarurishamibare (NISR) irerekana ko urubyiruko ruri hagati y’imyaka 16 na 30 rukomeje guhura n’imbogamizi zikomeye ku isoko ry’umurimo mu Rwanda no mu Karere: mu gihe ubushomeri, mu Gihugu muri rusange, bugeze kuri 16.8%, muri Kamena uyu mwaka wa 2025; ubushomeri mu rubyiruko bwo bugeze kuri 20.3%, aho abari hagati y’imyaka 16-24 bangana na 23.1 0/0.

Urubyiruko rutari mu ishuri, rudafite akazi kandi rudafite amahugurwa(NEET) ni 31.5% harimo 38.4% byabakobwa na 24.1% byabahungu. 

Ijanisha ry’Urubyiruko ridakoresha ubushobozi bwose rifite (underutilization) rigeze kuri 55.6%, riri hejuru y’ impuzandengo y’lgihugu.

IMIGABO N’IMIGAMBI BY’ISHYAKA PSR MU KURWANYA UBUSHOMERI

Muri PSR, twemera tudashidikanya ko iterambere rusange rirambye kandi ridaheza mu Rwanda no mu Karere rishingiye ku mbaraga z’Urubyiruko rufite uburere mboneragihugu (civic & patriotic education), ubumenyi n’ubushobozi: gutyo, imigabo n’imigambi twiyemeje ni iyi ikurikira:

  1. Guteza imbere politiki zishingiye ku nyungu n’ikoranabuhanga (TVET & digital skills).
  2.  Gufasha Urubyiruko kwihangira imirimo hisunzwe gahunda Leta yashyizeho zo koroherezwa kubona ingwate y’igishoro ku mishinga mito n’iciriritse y’Urubyiruko.
  3.  Gushyiraho uburyo (regulation) bwo kugenzura no kugabanya ubushomeri n’ireme (quality) ry’umurimo.

Inkuru Nshya

AMAHUGURWA Y’URUBYIRUKO KU MAHIRWE YO KUBONA AKAZI NO GUHANGA UMURIMO MU RWANDA

yateguwe na: Ishyaka PSR Itariki: 14 Gicurasi 2025 INTEGO Z’IKIGANIRO  INTEGO NYAMUKURU:...

Ishyaka P.S.R ryitabiriye igikorwa cyo gukurikirana imigekendekere y’Amatora y’Abasenateri yo mu 2024.

Mu matora y’Abasenateri yabaye muri Nzeri 2024, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya...

Ubuyobozi bwa PSR

Hon. Rucibigango
Jean Baptiste

uMUYOBOZI MUKURU

Twandikire

    Email: info@psr-rwanda.rw

    Tel: +250 788611549