None ku wa kane , tariki ya 19 Werurwe 2026,habaye inama isanzwe y’Inama Rusange y’Ihuriro ry’igihugu Nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya Politiki yateranye ,iyobowe n’Umuvugizi w’Ihuriro, Depite MUZAN Alice.
Inama rusange yashyizeho abagize inzego z’Ihuriro
Hon.Dr HABINEZA Frank :UMUVUGIZI W’IHURIRO
Madame INGABIRE Neema : UMUVUGIZI WUNGIRIJE W’IHURIRO
Bwana GISAGARA Theoneste; UMUNYABANGA NSHINGWABIKORWA W’IHURIRO
AMAHUGURWA Y’URUBYIRUKO KU MAHIRWE YO KUBONA AKAZI NO GUHANGA UMURIMO MU RWANDA
yateguwe na: Ishyaka PSR Itariki: 14 Gicurasi 2025
INTEGO Z’IKIGANIRO
INTEGO NYAMUKURU:
Kwereka urubyiruko amahirwe ahari yo kubona akazi
Gutoza urubyiruko uburyo bwo kwihangira umurimo
Kumenyekanisha gahunda za Leta ziteza imbere um ...
ABAYOBOZI B’URUGAGA RW’ABAGORE RUSHAMIKIYE KU MUTWE WA POLITIKI MU NTARA Y’IBURENGERAZUBA BAHUGUWE KURI DEMOKARASI Y’UBWUMVIKANE N’AKAMARO KAYO.
“Demokarasi y’Ubwumvikane u Rwanda rugenderaho niyo yari ikwiye nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994”. Ibi ni ibyagaragajwe n’Abayobozi b’Urugaga rw’abagore rushamikiye ku Mutwe wa Politiki mu Ntara y’Iburengerazuba.
Mu rwego rwo gukomeza kubak ...


