Imbuga za Interineti z’Imitwe ya Politiki ni imwe mu miyoboro ikomeye yifashishwa mu kumenyekanisha ibikorwa by’Imitwe ya Politiki, haba mu gutangaza amakuru ku bikorwa by’Imitwe ya Politiki n’iby’Igihugu muri rusange, gukora ubukangurambaga no kongera umubare w’abayoboke, kujya impaka za politiki, kwiyamamaza no gutora, n’ibindi.
Imikoreshereze myiza y’imbuga za Interineti z’Imitwe ya Politiki ifasha mu iterambere ry’Imitwe ya Politiki, bikagira uruhare muri E-Democracy na E-Governance (guteza (...)
Home > Keywords > psr > Latestnews
Latestnews
Articles
-
Amahugurwa kuri Web Administration
27 April 2023, by psr -
Abagize imitwe ya politiki barasabwa gukoresha neza imbuga za internet zabo
29 November 2015, by psrUbuyobozi bw’ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda (NFPO) bwasabye abagize imitwe ya politiki inyuranye gukoresha neza imbuga za internet z’amashyaka yabo, harimo gutanga amakuru ya politiki ku gihe, ndetse no kwitondera inkuru batangaza.
Urubuga rwa internet rw’umutwe wa politiki rugomba kugira byibuze abantu batatu barukoraho, aribo umwanditsi w’amakuru ajyaho (Editor), ushinzwe imirimo y’urubuga ya buri munsi (webmaster), ndetse n’umuyobozi mukuru w’umutwe wa politiki ufite urubuga (...) -
IHURIRO RIKOMEJE GUHUGURA ABAGIZE URWEGO RUSHINZWE KUGENZURA IMYITWARIRE NO GUKEMURA IMPAKA MU MITWE YA POLITIKI 05/15/2023
24 June 2023, by psrIHURIRO RIKOMEJE GUHUGURA ABAGIZE URWEGO RUSHINZWE KUGENZURA IMYITWARIRE NO GUKEMURA IMPAKA MU MITWE YA POLITIKI 05/15/2023
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 Gicurasi 2023, mu cyumba cy’amahugurwa cya Hotel Boni Consilii iri mu Karere ka Huye, Intara y’Amajyepfo, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki ryakoze amahugurwa y’iminsi ibiri, agenewe abagize Urwego rushinzwe kugenzura imyitwarire no gukemura impaka mu Mitwe ya Politiki bo mu Ntara y’Amajyepfo. Aya mahugurwa (...) -
AMAHUGURWA Y’ABAYOBOZI MU NZEGO Z’IBANZE Z’ISHYAKA PSR MU KARERE KA BURERA
30 December 2014, by psrI. INTANGIRIRO
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa inshingano ijyanye no kubaka ubushobozi bw’abayoboke, ku matariki ya 22-23 Ugushyingo na 06-07 Ukuboza 2014, Ishyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR) ryahuguye abayobozi mu nzego z’ibanze zaryo bo mu karere ka Burera. Ayo mahugurwa yatewe inkunga n’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki (NFPO) yaje akurikira ayo iryo shyaka ryakoresheje mu turere twa Musanze, Nyamagabe, Rwamagana na Karongi hagati (...)