Events and News
![](local/cache-gd2/76/c07a51d472a9fc90dd38a22704ca69.jpg?1717750514)
HATANGAJWE BY’AGATEGANYO ABAKANDIDA 458 BASHAKA KWIYAMAMARIZA IMYANYA 80 MU NTEKO Y’U RWANDA
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko mu bashaka kuba abakandida ku mwanya w’abadepite mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024 abagera kuri 458 ari bo bujuje ibisabwa mu buryo bw’agateganyo. (...)![](local/cache-gd2/0e/29052d061ae9b3d704d19bd9806fc7.jpg?1717192124)
Inama Rusange y’Ihuriro yaganiriye na Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda (MINEMA), inaganira na Minisitiri w’Ubuzima (MINISANTE)
Tariki ya 21 Werurwe 2024, ku cyicaro cy’Ihuriro, kiri mu Karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, Inama Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yaganiriye kuri Politiki (...)![](local/cache-gd2/9e/43211d70f1dc726e3ffff211d53f15.jpg?1717192124)
ISHYAKA PSR RYATANGIYE KUVUGURURA AMATEGEKO YARYO NGO AJYANE N’IGIHE
Inteko Rusange ya PSR yigiye hamwe uburyo bwo kuvugurura amategeko akajyana n’igihe Ishyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR), ryakoze Inteko Rusange ya cumi yaganiriwemo (...)![](local/cache-gd2/0d/afc46213f43f7bfee77d8d741bf88f.jpg?1717192124)
URUBYIRUKO RUSAGA 80 RWO MU MITWE YA POLITIKI RWASUYE INGORO Y’AMATEKA Y’URUGAMBA RWO GUHARIKA JENOSIDE, RUNASURA URWIBUTSO RWA JENOSIDE RWA REBERO
Tariki ya 20 Mata 2024, Urubyiruko rwo mu Mitwe ya Politiki iri mu Ihuriro, rwo mu Mujyi wa Kigali n’urwo mu Ntara y’Iburasirazuba, rwiga mu Ishuri ry’Ihuriro ryigisha Politiki n’imiyoborere (Youth (...)![](local/cache-gd2/0c/35ccd8f310de29cc3c741f3255acb7.png?1717184819)
IHURIRO RYASOJE AMAHUGURWA Y’ABAGIZE URWEGO RUSHINZWE KUGENZURA IMYITWARIRE NO GUKEMURA IMPAKA MU MITWE YA POLITIKI
Nyuma y’aho mu mwaka w’ingengo y’imari 2022-2023, Ihuriro ryahuguye abagize Urwego rushinzwe kugenzura imyitwarire no gukemura impaka mu Mitwe ya Politiki bo mu Ntara y’Iburasirazuba, abo mu Ntara (...)![](local/cache-gd2/c5/67c54fbaf2c2f58716ab49706d8f04.jpg?1717192124)
IHURIRO RYATANGIJE ICYICIRO CYA 20 CY’AMASOMO AHABWA URUBYIRUKO RWO MU MITWE YA POLITIKI / YOUTH POLITICAL LEADERSHIP ACADEMY (YPLA)
Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Mutarama 2024, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki ryatangije icyiciro cya 20 cy’amasomo ahabwa urubyiruko rwo mu Mitwe ya Politiki (Youth (...)![](local/cache-gd2/47/febaba3c7ea4bc8a28af4f0d14c87f.png?1717192124)
URUBYIRUKO RWO MU MITWE YA POLITIKI IRI MU IHURIRO RWAHAWE ICYEMEZO CY’AMAHUGURWA
Ku itariki ya 20 Mata 2024, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki ryatanze Icyemezo cy’Amahugurwa ku basore n’inkumi 83 basoje Icyiciro cya 20 cy’amasomo atangirwa mu Ishuri (...)![](local/cache-gd2/d5/c6a69250e1f4bac080eb4d71d18306.jpg?1685750253)